Umukunzi nyawe
find friend here here we make for you
29/05/2022
Find a good friend here
Ese urukundo niki??? Usubiza neza arahabwa bundle za Internet
Umukunzi nyawe Send a message to learn more
09/07/2020
Hello guys who needs a friend?
23/09/2019
BAKOBWA MURAJYE mwumviraho
Bakobwa nimwe mbwira
ndi umumama wa bana babiri ntuye i Kigali ariko
nta mugabo mfite.
Mumyaka itandatu ishize nakundanye n'umusore
w'umukire cyane, yarankundaga cyane yampaga
icyo ncaka cyose. Yavaga ku kazi agaturiza aho
nabaga kwa mukuru wange i Nyamirambo,
akansohokana akangurira buri kimwe nkeneye
ariko nge sinamukundaga. Ahubwo nakunda
amafaranga ye. Twakomeje gukundana ansaba ko
twabana ndabyemera kubera ifaranga.
Twakoze ubukwe bwakataraboneka bukaba agatangaza i Rwanda, kuburyo Kigali
yose yabutangariye kubera uko bwari
bumeze.
Twarabanye tubyarana abana babiri umukobwa
n'umuhungu bibitangaza. Umugabo wange yarankunda
cyane kuko nta kintu naburaga cyangwa ngo
nkifuze nari mfite imodoka ebyiri nagendagamo,
ariko kubera ntamukundaga ahubwo nikundira
ibintu bye natangiye kumwiyenzaho ncaka uburyo
twatandukana tukagabana kuko twari
twarasezeranye ivanga mutungo. Nirengagije amagambo meza yambwira, urukundo yankundaga ntangira
gutaha amajoro nasinze ariko kuko yankundaga
cyane yarabyihanganiraga ahubwo akanjyana kuryama akankuramo
inkweto yarangiza akandyamisha kandi ari nge
wagakwiye kubimukorera. Ariko kubera gahunda
narimfite nkabyirengagiza. Mbonye ko nta ho
bimukora natahanye n'ikigabo kandi nzineza ko
umugabo wange agiye gutaha, yaraje aradufata
biramubabaza kubera ko nta cyo namuburanye,
yansabye kumusaba imbabazi ndabyanga kuko
nari niteguye kujyana imitungo ntavunikiye.
Twagiye gusaba gatanya badutegeka kugabana
nkuko nari mbyiteguye.
Icyambabaje kikanancavuza kikancengura umutima nkifuza gusaba
imbabazi bitagishobotse nuko nasanze ari amazu,
amamodoka, ubucuruzi bwose n'inzu
twari dutuyemo byose byari bibaruye kuri
bakurube na barumuna be nta nakimwe cyari
kimubaruyeho .
Nararize ndicuza ariko byari byarangiye. Ubwo
natwaye ibyari biri mu nzu bimwe nabimwe
hamwe n'amasafuriya twatekeragamo. Natangiye
ubuzima bungoye, umuryango wange uranyanga
mpinduka ikivume ahantu hose. Ubu ntunzwe no
gutegereza utwo ampa burikwezi two kurera
abana be ubwo nibuzuza imyaka irindwi
nzatubura natwo. Mbayeho mu gahinda n'ishavu nikururiye ubwange. Nabuze uwankundaga, mbura urukundo yampundagazaho n'amagambo y'urukundo nirengeshwaga. Nibutse ibitereko nasheshe, nishyize mu mage nk'igikoba kikururiye ikara. Nsigaye nicira urubanza nabuze uwampoza ngo ankize amarira atemba mu maso yange kuva mu gitondo kugera bwije kugera ubwo byuka n'uburyamo bwatose kubera amarira. Ngiye kuzicwa n'agahinda. Bakobwa muteganya kurongorwa mukunde byimazeyo ababakunda kuko
nimukunda ibintu muzabibura mubure n'abakunzi
banyu babakunda byukuri musigare muririra mu myotsi nk'ibi byange, ishavu n'agahinda bibashengure imitima.
Kora share iyi nkuru uyisangize abandi sinifuza ko hari umukobwa wazamera nka nge. Murakoze.
25/08/2019
Mwiriwe nshuti bakunzi ba page umukunzi nyawe kanda like&share wibonere u mukunzi
25/08/2019
Umukunzi nyawe ngaho bakobwa mwabuze abakunzi muhamagare aguhe urukundo utarabona
24/08/2019
ESE nawe ubyemera gutyo cg harukundi ubyumva
Hano wahabona umukunzi mwibanira iteka niba ushaka u mukunzi sura page yacu cg x utwandikire tubigufashemo kanda like kuriyi page kd wibuke gukora share nabandi bibagereho
Click here to claim your Sponsored Listing.
Category
Contact the business
Telephone
Website
Address
Kicukiro