BAZA muganga rwanda

BAZA muganga rwanda

Share

Contact information, map and directions, contact form, opening hours, services, ratings, photos, videos and announcements from BAZA muganga rwanda, Health/Beauty, Remera, Kigali.

10/12/2022

10 KO, PROSTATE YAWE ITANGIYE GUKORA NABI

+250789502321

ni agasabo gato gaherereye hafi y’uruhago, gafite inshingano yo kurekura amatembabu*i amwe aherekeza ngabo ndetse no kuyabika. Aka gasabo gashobora kakaba kanini cyangwa kakegerana kakaba gato.

Ni bande bibasirwa cyane n’uburwayi bwa Prostate ?

Ubusanzwe ni urugingo rufitwe n’abantu b’igitsina gabo gusa. Uko rero umuntu agenda asatira izabukuru ni nako ibyago byo kurwara Prostate byiyongera.

Abashakashatsi bavuga ko guhera ku 40,Prostate yawe ishobora kugenda isaza cyane ndetse bikaba byanatuma irushaho gukora nabi,bityo ukaba wagira ibibazo bikomeye ndetse birimo no kurwara yayo.Ni byiza rero kuyirinda hakiri kare kuko ishobora kugukururira zikomeye.

Ibimenyetso 10 byakuburira ko Prostate yawe itangiye gukora nabi

1. Gushaka kujya kunyara kenshi mu ijoro.
2. Kudashobora gutangira kunyara cyangwa guhagarika ubwo bushake mu gihe ugiye kunyara.
3. Kunyara ukumva ziraza ari nke ugereranyije n’uko ubishaka. Cyangwa kunanirwa kurangiza kunyara ngo wumve zishizemo.
4. Kumva umeze nk’uri gushya mu gihe uri kunyara.
5. Kubona amaraso mu nkari.
6. Kugira amaraso mu masohoro.
7. Kugira uburibwe mu mayunguyungu, no mu gace k’umugongo ko hasi.
8. Kugira uburibwe cyangwa uburyaryate haruguru y’igitsina n’impande zaho.
9. Kubabara mu magufa yo mu mugongo wo hasi (iyi ndwara iba yakomeye cyane).
10. Kugira ibibazo byo gufata umurego w’igitsina.

Ni gute wakwirinda ibyago byo kurwara Prostate ?

Mu kwirinda indwara zifata Prostate jya wita kuri ibi bikurikira:

• Jya wita ku mirire iboneye cyane cyane niba urengeje imyaka 40, ujye uhekenya karoti byibuze 1 ku munsi ndetse no kurya amafi bitari kenshi cyane.
• Jya ukora imyitozo ngororamubiri byibuze gatatu mu cyumweru
• Irinde umubyibuho ukabije

Wari u*i ko hari imiti wakoresha yizewe mu kuvura ndetse no kwirinda indwara zifata Prostate?

Ubu hari imiti yabonetse ikoze mu bi

10/12/2022

WABA UFITE CANCER YIBIHAHA CYANGWA U*I UMUNTU UYIFIRE?

Ibimenyetso bya kanseri y'ibihaha

+250789502321

kanseri y’ibihaha ni imwe muri kanseri zihitana umubare munini w’abantu ,ishami ry’umuryango w’abibumbye rishinzwe ubu*ima rya OMS rivuga ko kunywa ari kimwe mu byongera ibyago bikomeye byo gufatwa na y’ibihaha ku bantu barinywa .

Mu mwaka wa 2020 ,OMS yatangaje ko abantu bagera kuri miliyoni 10 bahitanywe na kanseri y’ibihaha ,aho kanser y’amabere ,kanseri ya prostate ,kanseri yo mu mara ndetse na kanseri y’ibihaha arizo ziza ku mwanya wa mbere mu*ibasira abantu benshi ku isi.

Bimwe mu bintu byongera byo gufatwa na y’ibihaha

Nkuko byatangajwe na OMS ivuga ko ikintu cya mbere cyongera ibyago byo gufatwa na kanseri y’ibihaha ari ukunywa itabi ,ariko hari n’ibindi byongera ibyago byo kuba warwara kanseri y’ibihaha birimo

1.Kunywa inzoga z’umurengera

2.Kurya nabi ,indyo ikennye

3.Kudakora imyitozo ngororamubiri

4.Ihumana ry’ikirere

5.Gukora mu nganda zisohora imyuka yanduza kandi nta bwirinzi buhagije

Ibimenyetso mpuruza bya kanseri y’ibihaha
Iyo ukimara gufatwa na kanseri y’ibihaha ,akenshi nta bimenyetso byihariye igaragaza ku buryo abantu benshi bashobora kuyimara igihe kirekire bataramenyako bayirwaye ariko uko bigenda uburwayi burushaho gukura niko ibimenyetso byayo birushaho kugaragara ,muri ibyo bimenyetso ni:

1.Inkorora imara igihe kirekire kandi idapfa gukira ku buryo bworoshye

2.Gukorora amaraso

3.kubabara mu gituza .bibabaza cyane iyo ukoroye ,uhumetse cg usetse

4.Gusarara ijwi rikagenda

5.Gutakaza ubushake bwo kurya

6.Gutakaza ibiro

7.Guhumeka nabi

8.Kumva ufite umunaniro

9.Uburwayi bwo mu bihaha buhoraho nka bronchite ,umusonga nizindi

10.Kumva guhumeka bikugora

Ibi bimenyetso bishobora guhurirwaho nizindi ndwara zifata mu bihaha nka gituntu ,umusonga ndetse nizindi nyinshi ,ni byiza kwivuza kare mu gihe cyose ubonye bimwe muri ibi bimenyetso ,muganga nyuma yo gukora ibizamini bitandukanye birimo ib

09/12/2022

Ese wari u*i ko umuvuduko w’amaraso ukabije uvurwa ugakira ? (hypertension)

w’amaraso ukabije ni uburwayi bukomeye,bukomeje guhitana abantu benshi muri iki gihe, akenshi umuntu ashobora kubana na wo nta kimenyetso cy’uburwayi agaragaza nyamara ingingo ze nyinshi zikaba zakwangirika.Ibyo bituma abantu bafite umuvuduko w’amaraso mwinshi bakunze kujya kwa Muganga bazanywe n’ibimenyetso by’ingaruka zawo, kandi barashoboraga kubyirinda iyo baza kwipimisha kare bakamenya uko bitwararika.

Ese umuvuduko w’amaraso ni iki ?

Umuvuduko w’amaraso ni ingufu amaraso agendana mu miyoboro yayo aribyo bituma abasha kugera mu bice bitandukanye by’umubiri. Ubusanzwe igipimo cyemewe ni 120/80 cg 12/8 aribyo byerekana ingufu ziba ziri mu mutima igihe wohereza amaraso mu bice bitandukanye by’umubiri, nizirimo umaze kuyohereza (aribyo bizwi nka systole/diastole).

Iyo rero icyo gipimo cyarenze 140/90 cg 14/9 biba bivuze ko umuntu afite uburwayi bw’umuvuduko w’amaraso uri hejuru.Gusa nanone bemeza ko umuntu afite umuvuduko w’amaraso ukabije nyuma yo gupimwa inshuro nyinshi basanga uhora hejuru. Zimwe mu ngingo zibasirwa n’iyi ndwara ya hypertension ni amaso, umutima, ubwonko n’impyiko.

Ese umuvuduko w’amaraso ukabije uterwa n’iki ?
Hari impamvu nyinshi zishobora gutera umuvuduko ukabije, ariko cyane cyane imyitwarire yawe : uko ubaho, ibyo urya n’ibyo unywa biza ku mwanya wa mbere mu gutera iyi ndwara.

Dore zimwe mu mpamvu zishobora kuyitera :
* Ushobora kuyikomora ku babyeyi, cg indwara ikagenda iza uko ugenda ugana mu zabukuru (akenshi hejuru y’imyaka 45)

* Kuba ufite ibiro byinshi cg ubyibushye bikabije.

* Kunywa itabi : bimwe mu bigize itabi bizwiho kwangiza imijyana (udutsi duto cyane tuvana amaraso mu mutima tuyajyana mu bice bitandukanye by’umubiri) cyane. Itabi rituma imijyana iba mito cyane, bigatuma umuvuduko wiyongera.

* Kunywa inzoga nyinshi.

* Kurya umunyu mwinshi.

* Kurya cyane ibiryo birimo amavuta menshi.

* Kudakora imyitozo ngorora mubiri.

* Guhora

06/12/2022

ESE WAHANGANA UTE N’INDWARA YA DIYABETE IKOMEJE GUHITANA BENSHI

Ese Diyabete ni iki ?

Diyabete cyangwa indwara y’isukari (diabetes mellitus) ni indwara yibasira uburyo umubiri ukoresha isukari (isukari yo mu maraso izwi nka glucose), uyirwaye agira isukari nyinshi mu maraso, bitewe n’uko impindura (pancreas) iba itakibasha kuvubura umusemburo wa Ensiline(Insulin) cyangwa se uturemangingo tw’umubiri tutumva neza uwo musemburo.

Ubwoko butandukanye bwa diyabete
Habaho ubwoko 3 butandukanye, nubwo ubuzwi cyane ari 2 ;

Diyabete ya 1 (Diabetes type 1)

Aha impindura (Pancreas) ntibasha kuvubura wa musemburo wa ensiline (Insuline). Ubu bwoko buza umuntu akiri muto kandi igaragara ku bantu bake.

Diyabete ya 2 (Diabetes type 2)

Impindura (Pancreas) ntibasha gukora insulin ihagije cyangwa se uturemangingo tw’umubiri twinangira ku mikorere ya insulin (insulin resistance).

Ubu bwoko akenshi ntibugaragaza ibimenyetso, bigenda biba bibi uko igihe gishira ;Umubyibuho ukabije, kudakora imyitozo ngorora mubiri no kurya nabi ni bimwe mu bishobora gutera ubu bwoko bwa kabiri.

Uko umuntu agenda akura kandi niko ibyago byo kuyirwara bigenda byiyongera Diyabete iterwa no gusama (gestational diabetes).

#0789502321

Yibasira abagore batwite. Abagore bamwe na bamwe bagira isukari nyinshi mu maraso, umubiri wabo ntubashe gukora insuline ihagije mu gutwara iyo sukari no kuyibika mu turemangingo, nuko igakomeza kwiyongera mu maraso.

Ese ni uruhe rugero rukwiye rw’isukari mu maraso ?

Mbere yo kurya Ku bantu batarwaye diyabete ni ; 3.9-5.5 mmol/L (70-99 mg/dl) Ku barwayi ba diyabete ; 4.5-7.2 mmol/L (80-130 mg/dl) Amasaha 2 nyuma yo kurya
Ku bantu batarwaye diyabete ; igomba kuba munsi ya 7.8 mmol/L (140 mg/dl) Ku barwayi ba diyabete ; igomba kuba munsi y’ 10 mmol/L (180 mg/dl)

Bimwe mu bimenyetso n’ibiyiranga :

• Kugira inyota ihoraho idashira
• Kunyaragura cyane
• Gusonza bidasanzwe
• Kwiyongera ibiro cg gutakaza ibiro mu buryo budasanzwe
• Guhora wumva unaniwe

• Kur

Photos from BAZA muganga rwanda's post 16/11/2022

*💟 ​ :​💟*
*+250789502321

★Isukura mu gitsina.
★Irinda ikanica mikorobe mbi ziza mu gitsina.
★irinda kuma mu gitsina ukagira ububobere no mu gihe cy'imibonano mpuza bitsina
★ikiza kuzana ururenda runuka mu gitsina.
★iringaniza aside cg ubusharire burinda igitsina.
★irinda ikanavura infections na tricomunase
★ivura kwishimagura mu gitsina ikavura n'udusebe two mu gitsina.
★itera guhumura neza mu gitsina no kumva hameze neza.
★iringaniza ikanegeranya neza imyanya ndangagitsina.
★irinda kuzana imiburu ku gitsina mu gihe wogoshe.

: IYI : ikoze mu buryo bw'umwimerere, kandi bw'amazi,yagenewe kwoza mu gitsina gore. Ukeneye ibindi bisobanuro waduhamagara cg ukatwandikira kuri WhatsApp:+250 789502321 Roho nziza mu mubiri mu*ima
💟​​MURAKOZE CYANE!

14/11/2022

BYO MU NDA MYOMA CG FIBROIDS BYIBASIRA ABAGORE N'ABAKOBWA
Biravurwa bigakira!

Myoma cg Fibroid mu rurimi rw'icyongereza ni ibibyimba bifata kuri nyababyeyi bigakurira mu mikaya yayo(bishobora no kuza inyuma yayo cg mu miyoborantanga)
Ahanini ibi bibyimba biba bitandukanye mu bunini bimwe ari bito ibindi ari binini.Nubwo hari myoma zitagaragaza ibimenyetso ariko hari n'izibigaragaza.

•Kubabara mu kiziba cy’inda
•Imihango myinshi kandi imara igihe kirekire
•Kubyimba inda ukajya wumva umeze nkaho utwite cyangwa se ukibwira ko wabyibushye ariko ukabona ubyibuha inda gusa
•Kubabara cyane mu gitsina igihe ukora imibonano mpuzabitsina
•Kudasama(ubugumba)
•Constipation
•Kwihagarika ukababara
•Kuribwa umugongo
•Gukuramo inda wikurikiranya
•Kubyara abana batagejeje
igihe cyo kuvuka
-Kumva uburibwe bukabije mu nda ukagira ngo harimo umuriro.

Ni iki gitera ibi bibyimba?
Mbaza ngufashe gusobanukirwa 0789502321

Ibi bibyimba biravurwa bigakira neza utarinze kubagwa hifashishijwe ubuvu*i gakondo bw'ibimera bitagira ingaruka bukomoka ku mugabane wa Aziya Tugane tugufashe!

Dukorera mu mujyi wa Kigali no mu ntara,no mu mahanga tugerayo
Tel 0789502321 (Whatsapp & Call)

Want your business to be the top-listed Beauty Salon in Kigali?
Click here to claim your Sponsored Listing.

Category

Telephone

Website

Address

Remera
Kigali