Ihumure paji
Ijambo ryafasha beshi
Igikomere cyokuruhu
Kirakira
Ark igikomere cyo
Kumutima ntigikira.
Ntukishimire kumbabaza
Kuko uba umpemukira.
AKESHI
Uzaba uwo uriwe bitewe namatsinda ubarizwamo.
Waruziko ubana n,igisambo
Ukiga kwiba? Nushaka kugira aho wigeza uzashake ishuti ikurusha ubushobozi.
Kuko uzamwigiraho byishi nawe uzagera kurwego ariho.
Iteka ntabwo uwo urusha
Ihumure paji Send a message to learn more
Hari abakubwiyeko uzapfa ntacyo wimariye
Abandi bati" Ntuzikamira n,ayimbwa.
Ark sibo Mana yakuremye. Uzaboho kd uzaba ukomeye Nubwo wasuzuguwe komera twaza
Ujya mbere Humura.
MWIRIWE?
Wibabazwa nuko uri uyu musi
Kuko Imana izi byose kukushusha
Ejo nawe uzaba uriho neza.
Ntugatsindwe nokugeragezwa
Uzatsindwe no kugerageza.
Byose birashoboka.
Uzamenya byishi kubera
Abantu
Arko
Uzagera
Kure kubera
Imana.
Humura ntukihebe Imana irakuzi.
Vuga uti"
Amena.
30/03/2022
Iyo abasirikari bagiye kurugamba baba baziko ibyo bagiyemo bikomeye kdi batazi nuko bizarangira arko kuko Ariyo nzira y'ubuzima bwabo ntibacika intege bakomeza imbere ahubwo bakiyemeza guhangana nikiza cyose
* Mu buzima harigihe utekereza ko ibiguterereje imbere bikaze ndetse ukumva utiyumvisha niherezo ryabyo arko ntugacike intege uzakomeze ukore ugana imbere ahubwo wiyemeze guhangana nicyaricyo cyose cyakwitambika ibikorwa byawe
Kdi ibyiza biri imbere
27/03/2022
Iyo abana babaga bagiye nko mu bukwe harubwo babahaha ibiryo hamwe bagasangira barabirwaniraga arko ntamujinya urimo kuko babaga baseka iyo habaga harimo umwana ugira isoni byarangiraga akozemo rimwe abandi bakamucura
* No mu buzima ni nkuko is iduhera byose hamwe ngo twirwaneho arko tutabangamiranye nugira isoni cg ubunebwe uzisanga ntacyo ugezeho irwanirire. Kdi
*Komera ibyiza biri imbere
Click here to claim your Sponsored Listing.
Category
Contact the business
Telephone
Website
Address
Kigali