La bonne santé

La bonne santé

Share

Ubuzima bwiza nicyo gishoro cya mbere Dealers in food supplements

Photos from La bonne santé's post 12/10/2022

+250 788771883

Abahanga mu byerekeye imibonano mpuzabitsina bakunda gukoresha amagambo y’impine: .
Mu magambo arambuye: NYA:Nyara, NYO:Nyonga, NI:Niha
Abagabo bamenyereye iby imibonano uzumva bavuga ngo umukobwa ni bivuze ko umukobwa ni unyara, akanyonga, akaniha.
Ubundi abagabo benshi bavugako umugore utazi kunyonga abishya imibonano mpuzabitsina ndetse bakanongeraho ko kunyonga bifasha cyane umugabo kuba igitsina cye cyagera kure, bityo akarushaho kumva uburyohe bw'icyo gikorwa arimo kandi akarushaho kwishima.
Ubundi kunyongera umugabo k’umugore mu mibonano mpuzabitsina ni iki bikorwa bite?
Ibitabo byinshi bivugako uyu muco ari uwo abanyafurika ariko ukaba waraje kugenda ukwirakwira ku isi hose n’iburayi. Umugore akaba anyongera umugabo igihe bari gutera akabariro iyo amaze kumva uburyohe bw’icyo gikorwa ibi nabyo bikaba ari bimwe mu bishimisha umugabo cyane ndetse bikaba byanatuma arangiza vuba.
Igihe umugore ari gukorerwa uburyo(Poster) bwo kwibamba n’umugabo we (amunyongera) amufasha kuzamuka gahoro ku gitsina cye akirinda ko cyavamo ahubwo agasa n’uheta umugongo kugirango kinjire neza kandi kigere aho yumva yifuza, ibi bikaba bigenda byongera uburyohe ku mugabo.
Umugore kandi ashobora kunyonga igihe ari gukorerwa ubundi buryo agafasha umugabo kumanuka gahoro ku gitsina cye yirinda ko cyavamo kuko bishobora gutuma gihita kigwa bityo umugabo akabihirwa n’imibonano kandi yari yishimye.
Kunyongera umugabo kandi abagore benshi bo mu Burasirasuza bwa Afurika babifataga nk’uburyo umugore yafashaga umugabo we kumurongora igihe yabaga ananiwe kandi akeneye gutera akabariro ibi bikaba byarakorwaga mbere y’uko umuco wo gutegurana usakara mu bantu.
Benshi mu bagabo bavuga ko abagore bakagombye kwiga kunyongera abagabo babo ndetse bakanamenya kubakorera n’udushya mu gihe barimo gukora imibonano mu rwego rwo kubaka umubano wabo n’abo bashakanye ndetse bakamenya byinshi ku bihereranye no gushimisha umugabo mu buriri.
Ukeneye inama inama cg products zituma imibonano y'abashakanye igenda neza waduhamagara cg ukatwandikira kuri wtsp: +250 788771883
Kora like na follow kuri iyi page ya Facebook ujye ubona amakuru y imyororokere buri munsi👇🏽👇🏽👇🏽

https://www.facebook.com/Baza-Muganga-Online-Tv-101100262085582/

Photos from Explore more tours's post 09/10/2022
09/10/2022

Baca umugani mu kinyarwanda ngo

Ng'ibi ibyambayeho!
Uko indwara ntikururiye yari impitanye n'uko nagize amahirwe ngahura na muganga(+250788771883)ubu nkaba ndi muzima ntiriwe mbagwa byose bikubiye muri iyi 👇👇👇 video

https://fb.watch/g2o45tkJF-/
Nawe niba utinya kubagwa umva uko narokotse kujyanwa ku Iseta!
Niyemeje kuzenguruka hose ntanga ubuhamya

17/09/2022

VUGA IBIRO USHAKA GUTAKAZA MURI COMMENTS UBUNDI USIGE WHATSAPP NUMBER YAWE TUGUFASHE😍

13/09/2022

🥦 ( Mastrubation) , , ?🥦
+ 250788771883 ( whatsapp and call)

1⃣Impamvu nyamukuru itera kwikinisha ni ubwigunge no kuba wenyine.

2⃣Ibi bikanajyana no kuba waba uri kure y’umufasha wawe, nko ku bantu bari mu butumwa cyangwa ingendo za kure kimwe n’abari mu nzu z’imbohe.

3⃣Indi mpamvu ni uguhemukirwa n’uwo wakundaga ugasigara wumva wakikemurira ikibazo uri wenyine

4⃣Kureba film za p***o no kureba amafoto y abantu bambaye ubusa ni indi mpamvu ishobora gutera kwikinisha.

5⃣Kugira isoni no gutinya nabyo biri mu bitera kwikinisha, cyane cyane ku bahungu.

6⃣Gutinya indwara zandurira mu mibonano kimwe no gutera cyangwa guterwa inda nabyo bishobora gutuma umuntu yikinisha

7⃣Ku bagore gukora imibonano ntarangize bishobora kumutera kwikinisha kugirango arangize.

✳️Ibibi byo kwikinisha

bigira ingaruka nyinshi zitari nziza.

▪Ku bahungu bituma igitsina kigorama bitewe n ukuboko ukoresha wikinisha, kudakura kw'igitsina

▪Bituma wumvako wihagije haba mu buzima busanzwe no mu buzima bw’imyororokere

▪Nyuma ushobora kujya urangiza utinze cyane, cyangwa se ukajya uhita urangiza

▪Hari igihe wumva uzinutswe abo mudahuje igitsina

▪Ku bahungu bigeraho wajya no kunyara hakazamo amasohoro

▪Ku bakobwa byangiza rugongo kandi bigatuma udashobora kurangiza keretse ukoresheje intoki niyo waba ufite umugabo.

▪Bituma uhorana umunabi, no kwiheba

▪Bishobora gutuma umutima utera nabi

▪Bishobora kwangiza udutsi two mu bwonko bityo bigatuma uba igihubutsi, utabasha gufata imyanzuro ihamye

▪Bigabanya umubare w intanga ku bahungu bikaba byabaviramo kutabasha gutera inda

▪Bitera gususumira no kudakomera mu ngingo
▪️Kubura ubushake mugihe k'imibonano mpuza bitsina no kurangiza vuba
▪uburemba
▪Iyo udafatiranye hakiri kare, bishobora no gutera urupfu rutewe n’imikorere mibi y’umutima.

Twibutseko ibi bishobora kukubaho mu gihe wikinisha birenze urugero ni ukuvuga birenze 2 mu cyumweru, muri rusange.

✳️ Ni gute wacika ku kwikinisha?

Hakenewe cyane gukumira ibiguteza ingorane zo kwikinisha.

Kandi ukatugana tukaguha inama zisumbuyeho . Ikindi Kandi Hari imiti y'umwimerere ituruka muri ASIA Ibasha gukumira ingaruka zo kwikinisha zose maze umubiri wawe ugasubirana ubutaraga.

✳️Dore zimwe mu nyunganiramirire z'umwimerere zikuraho ingaruka zose wagize,ikabasha gutuma usubira kuri gahunda ntangaruka iguteye.

R/ King of Medecine
R/ PALMETTO
R/ Eurycoma Longifilia and MACA

Murakoze,
Ukeneye inama cg ibindi byakuvura twavuze haruguru, wanyandikira cg ukampamagara kuri:
+250788771883(WhatsApp and call)
Kandi utangira kubona impinduka nyuma y'iminsi 2 uri gukoresha imiti, cyane cyane nk'abacitse intege mugutera akabariro, bihita bikemuka iyo akoresheje Products tumuhaye. Ntubyihererane biravurwa bigakira

Roho nziza mu umubiri muzima.Kora share ufashe n'abandi kuko birigusenya ingo nyishii

22/06/2022

reba uko wakora maze na na kndi mukoranye agahora ,Reba na 👉🏾👉🏾👉🏾https://www.facebook.com/101959745040067/videos/395324498234437/

14/06/2022

Contient des variétiés des substances nutritives et est riche en protéines.Il permet aux substances nutritive d’être facilement digérées,par conséquent il est le meilleur supplément nutritionnel pour ceux qui ont le temps des repas irréguier,pour les adolescents en croissance,les femmes enceintes et les végétariens. +250788771883

Photos from La bonne santé's post 03/06/2022

.
+250 788771883
no !

(TONGKAT)NI KANDI BWO WA .
0788771883
Iyi nyunganiramirire igizwe n'ibintu bine (4in1) by'ingenzi biyiha ingufu n'ubushobozi bwo gufasha umubiri muburyo butandukanye ariko by'umwihariko ikaba ifatwa nka Viagara y'umwimerere kuko idakora nka drogue cg ikiyobyabwenge(Muri Asia bayise )kubera ubushobozi bayiziho bwo guha umugabo imbaraga za kigabo zikenewe.Igizwe 100% n'ifu y'umuzi w'ikimera cya n'impumuro ya itarimo caffeine ndetse ikabamo isukari y'umwimerere itariyo munganda( ni umushongi w'igisheke)ndetse kandi ibamo n'amata aba yarakamuwemo amavuta kuburyo idashobora kongerera umubyibuho ndetse niyo waba urwaye Diabetes urayinywa ntigutere ikibazo cyo kuzamura isukari kuko ntasukari yo munganda iba yarongewemo.

:

-Ituma amaraso atembera neza mumitsi ikanatuma ubwonko bukora neza
-irinda stress n'umunaniro w'ubwonko
-yongera umusemburo w'abagabo wa Testosterone
-irwanya umuriro wa Malaria
-yongera imbaraga za kigabo(stamina & libido)
-irinda kurwara diabetes ikanarinda igifu kurwara ibisebe(kumuntu wamaze kugira ibisebe kugifu iramufasha cyane)
-ituma impyiko zikora neza ikanazongerera imbaraga
-Irwanya cancer ya Prostate nubundi bwoko bwose bwa cancer,...
Ibindi wakenera kumenya kuri iyi nyunganiramirire andika ijambo muri Google search yawe urebe byinshi biyivugwaho.
Iyi nyunganiramirire y'akamaro gakomeye gutya wayibona uhamagaye +250 788771883/Whatsapp cg ukadusanga aho dukorera mumujyi wa Kigali Nyarugenge kuri Junction House.
Tunayikoherereza aho waba uherereye hose mugihugu no hanze yacyo.Hari n'izindi products nziza cyane nyinshi zibereye umuntu Ushaka kugira ubuzima bwiza no gukumira indwara mbere

Photos from La bonne santé's post 25/05/2022

🍏𝙂𝙪𝙩𝙖𝙠𝙖𝙯𝙖 𝙞𝙗𝙞𝙧𝙤 𝙗𝙮𝙤𝙧𝙤𝙨𝙝𝙮𝙚!!🍏
________________________________
+250788771883(WhatsApp)

Hari z'umwimerere mfite zagufasha gutakaza ibiro no gukuraho ibinure byo ku nda.Menya ko ibyo urya Nabyo bibifitemo Uruhare runini

Nyandikira umpe amakuru ya 𝗴𝗿𝗼𝘂𝗽 𝘀𝗮𝗻𝗴𝘂𝗶𝗻
yawe !!✔️
Ibiro ufite✔️
Indeshyo yawe✔️
Imyaka ufite✔️
Ceinture yawe mu nda✔️
Nanjye ngukorere 𝙍𝙚𝙜𝙞𝙢𝙚, 𝙩𝙞𝙯𝙖𝙣𝙚 na 𝗣𝗿𝗼𝗱𝘂𝗰𝘁s zagufasha utavuye iwawe mu rugo
+250788771883

Want your business to be the top-listed Beauty Salon in Kigali?
Click here to claim your Sponsored Listing.

Category

Telephone

Address


KN 2 Street
Kigali

Opening Hours

Monday 08:40 - 18:00
Tuesday 08:00 - 18:00
Wednesday 08:00 - 12:00
Thursday 08:00 - 18:00
Friday 06:00 - 16:00
Sunday 10:00 - 16:00