Twite kubuzima bwacu

Twite kubuzima bwacu

Share

Your health our priority

02/05/2025

. ku batabufite ndetse ikongera ingano yabwo ku bafite buke bugakura busa neza. dukorera mu nyubako ya *BH PLAZA* hafi na parking ya Simba iteganye no kwa makuza , Floor ya 1 Room B11, duhamagare cg utwandikire kuri whatsapp kuri 0788258331 tugufashe byihuse. NB: Tukugezaho produits zacu ku buntu aho waba uri hose mu gihugu (free delivery).

31/10/2024

Soma witonze umenye ibi

Ese waru*iko 35% bya miliyalidi zirindwi zabatuye isi babana
nikibazo cyumubyibuho ukabije? Niba nawe ufite imubyibuho
ukabije uri muri iyo mibare

Ese waru*iko bimwe mu bikoresho dukoresha mungo zacu
harimo ibishora kugutera umubyibuho ukabije

Warusiko ko se nyuma ya lockdown ababana nibiro byinshi
bazaba bariyongereye ho 3%

Waru*iko 45% byimpfu ziba zatewe numubibuho ukabije

Niba uri mu bafite ikibazo cy'umubyibuho ukabije .
Cgangwa se Hari uwo u*i ubana nacyo afite ibiro atifuza nkufite
amakuru mashya

ko mu Rwanda hagejejwe imiti y'umwimerere ikoze mubimera
ifasha abifuza gutakaza ibiro

aho Ushobora gutakaza hagati 10kg na 15kg mu mezi abiri gusa

ibuka neza ko umubyibuho ukabije utera

Diabete type2
hypertension
ibibazo by'umutima
kubyimba imitsi
Stress
Cancer

Niba u*i umuntu ufite iki kibazo mbaza uwo muti cg usige nimero
yawe muri comment tuwukugezeho aho uri hose mu Rwanda

Nimero wabarizaho

+250 788258331 [WhatsAppl

07/09/2024

Nkwifurije kugira ubu*ima bwiza bwuzuye umunezero uyu munsi. wibuke kunywa amazi asukuye.

26/08/2024

KUKI BIKOMEJE KWIYONGERA MUBAGABO
Wari u*iko 87.9% mu Rwanda abagabo bishidikanyaho iyo bigeze mugutera akabariro?
Bamwe muribo bihutira gufata imiti yongera akanyabugabo gusa bishobora kukuviramo ubundi burwayi igihe utazineza impamvu udatera akabariro neza.

Kurangiza vuba bishobora guturuka kubintu bitandukanye, iyo utazi neza igituma utanyurwa nuburyo utera akabariro ukihurira gukoresha bene iyo miti kuko iyo ituma amaraso agendera kumuvuduko wo hejuru bishobora kwangiza impyiko.

Tekereza uwo mwashakanye abaye aguca inyuma kubera kudatera neza akabariro

Kalisa nyuma yo kudusura aho dukorera tukamusuzuma akanakurikiza inama twamuhaye ubu ni umugabo ufite ijambo mururugorwe kandi wishimanye n’umugore we,nawe dusure uyumunsi umenye uko ubu*ima bwawe buhagaze wisubize icyubahiro.

Kanda kuri whatsap uhabwe umwanya uhure n’inzobere zigufashe kumenya impamvu nyamukuru udatera neza akabariro zinagufashe kuvumbura ibanga wakoresha

Photos from Twite kubu*ima bwacu's post 23/08/2024

n'imibare byerekana ko umutwaro ugenda wiyongera ku isi ku bantu, imiryango, ndetse n'ibihugu.

Imibare ku ndwara ya Diabetes (2021) ivuga ko 10.5% by'abaturage bakuze (20-79) bafite diabetes, hafi kimwe cya kabiri bakaba batazi ko babana n'iyi ndwara.

Mu mwaka wa 2045, byitezwe ko umuntu 1 kuri 8 akuze, hafi miliyoni 783, azabana na diabetes, ubwiyongere bwa 46%.

Abantu barenga 90% barwaye diabetes bafite diabetes yo mu bwoko bwa 2, iterwa n'imibereho-ubukungu, imiturire, ubukure, ibidukikije, hamwe na genetike. Ibifite uruhare runini mu kuzamuka kwa diabetes yo mu bwoko bwa 2 harimo:

1. Gutura mu mujyi
2. Abageze mu za bukuru
3. Kudakora sports
4. Kugira umubyibuho ukabije

Icyakora, birashoboka kugabanya ingaruka za diabete mu gufata ingamba zo gukumira diabete, kwipimisha kare no kwita ku barwaye diabetes. Izi ngamba zishobora gufasha abantu babana n'uburwayi kwirinda cyangwa gutinza ibibazo biterwa na diabetes.

Wifuza ko twagufasha ku kibazo cya diabetes, watugana tukagufasha
Contact: 0788258331

Healthy care

09/08/2024

*hari ukuntu usanga uwo mubana yarahindutse ugahora murujijo utazi icyabaye 🤓 nyamara aruko utitwara neza mumabanga yabashakanye 🤔🤔ikibazo cyabo ntibavuga 😂rero mugabo nawe witegura gushaka itondere ibyo bintu ejo bitazagusenyera 🤦‍♀️Nyura mugikari ngufashe nawe wongere kwitwa umugabo murugo hamwe na vital man*

+250788258331

09/08/2024

iki abagabo baterura ibyuma bakabyimba umubiri wose ariko ugasanga umwanya w'ibanga ari gato?*

Nukuri ntiwihagarareho uce mugikari ngufashe
078825881
0783450572

09/08/2024

kugira ubu*ima bwiza bwuzuye umunezero uyu munsi. wibuke kunywa amazi asukuye.

08/08/2024

😳
*iko_kubashakanye_bibabangamiramugikorwa_cyokubaka_urugo
+250788258331

Want your business to be the top-listed Beauty Salon in Kigali?
Click here to claim your Sponsored Listing.

Category

Telephone

Address


BH Plaza
Kigali

Opening Hours

Monday 07:00 - 20:00
Tuesday 09:00 - 17:00
Wednesday 07:00 - 20:00
Thursday 07:00 - 20:00
Friday 07:00 - 20:00
Saturday 09:00 - 20:00
Sunday 11:00 - 16:00