Ahazaza kumunyamuryango wa dynapharm Rwanda
ITA KUBUZIMA BWAWE UKORESHEJE FOOD SUPLIMENT
PROMOTION YIMINSI MICYEE KUBANTU BIFUZA BIFUZA UBUJYANAMA KUBURWAYI BWABO NDETSE NO KUBA WAMENYA ICYATUMA UBUZIMA BWAWE BUGENDA NEZA
(What's up +250789502321)
Muraho neza abantu bifuza kuba bahura na doctor kubijyanye nubu*ima bwimyororokere ndetse nubundi bujyanama kubu*ima bwawo bahawe ikaze !
Dutanga NUBUJYANAMA kuri zindwara zikurikira: diabetes, hypertension hepatite amoko yose, high blood pressure
Stroke, umutwe udakira, indwara yimitsi, umugongo udakira indwara yimpyiko,
Hermoroide, indwara zifata ubuhumecyero, izifata umwijima,amaso
Izifata imyanyamworokere, indwara ya cancer ya prostate, cancer yibere
Asthma, umubyibuho ukabije,goute, UMWINGO, umunaniro ukabije, AIDS Hari abaziko idakira mbamare impungenge, amibe,
IGIFU kiryana,nizindi ntavuze',,,,,,,,
Hano turanakwizeza ko umererwa neza BITEWE naburi kibazo ufite.
Dufite abaganga binzobere mukuvura izindwara twavuze
haraguru 👆👆
Nkwibutse gutanga amakuru uyaha mugenzi wawe ufite imwe mundwara dufasha Uba umukoreye atarajya kwivuza mubuhinde Kandi services yakamurokoye ayisize mu rwanda nahawe bange,
Nkwibutse
aho dukorera iremera gismenti Aho uri hose uratugana BYUKURI dukora buri munsi mumasaaha yakazi
Call +250789502321
Call+250732869562
20/02/2022
BIMWE MU BIMENYETSO BIRANGA INDWARA ZA ( infection) VAGINAL KUBAGORE
Ubwandu bw’imyanya ndangagitsina y’umugore (Les vaginites et infections vaginales) ni ukwangirika kw’iyo myanya ndetse ikaba yanabyimba bitewe n’impamvu zinyuranye cyane cyane udukoko dutandukanye umugore ashobora gukura ahantu hatandukanye.
Ubu bwandu bushobora guterwa n’isuku nke, kuba umugore cyangwa umukobwa yabwandurira mu mibonano mpuzabitsina idakingiye, n’ahandi.
Urubuga Doctissimo dukesha iyi nkuru, rutangaza ko amazi ya Piscine yanduye nayo ashobora gutuma umugore cyangwa umukobwa yandura ubu burwayi.
INFECTION VAGINALES ZIRANGWA NIKI??’
Ikimenyetso nyamukuru kiranga iyi ndwara ni ururenda rudasanzwe ruturuka mu gitsina cy’umugore. Bitewe n’ubwoko bw’udukoko twateye ubwo burwayi, urwo rurenda rushobora kugira amabara atandukanye, nkaho ushobora kubona ari umweru, umuhondo,….
Mu bindi bimenyetso twavugamo:
- Kugira uburyaryate mu gitsina
- Ububabare bukabije
- Kumva wokerwa mu gitsina
- Ububabare mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina
- Kujya kunyara ukababara
- Kubyimba kwa bimwe mu bice by’imyanya ndangagitsina by’inyuma
Ese iyi ndwara isuzumwa ite?
Muganga w’inzobere mu kuvura indwara zifata imyanya ndangagitsina niwe usuzuma iyi ndwara, aho afata rwa rurenda akarupima kugira ngo arebe impamvu yabiteye.
ESE UBU BURWAYI BURACYIRA ??
Yego iravurwa igakira. Ni byiza ko iyo ubonye bimwe muri bya bimenyetso twabonye haruguru, ugomba kwihutira kujya kwa muganga, bakareba impamvu yabiteye, ubundi bakakuvura. Si byiza kwivurisha imiti iyo ariyo yose mu gihe utagiye kwa muganga ngo barebe impamvu igutera ubu burwayi ndetse banakwandikire imiti yabugenewe.
Inama abagore n’abakobwa bagirwa n’abahanga mu by’ubu*ima
Gukaraba inshuro 1 cyangwa 2 ku munsi
Kwirinda gukoresha isabune bakaraba mu gitsina
Kumutsa igitsina nyuma yo kwiyuhagira (Bien sécher la vulve après chaque toilette)
Kudakomeza kwambara imyambaro y’imbere igihe yatose.
Gukoresha agakingirizo iteka igihe umukobwa cyangwa umugore agirana imibonano mpuzabitsina n’abantu batandukanye.
Mu gihe cy’imihango, umugore cyangwa umukobwa, aba agomba guhindura kenshi ibikoresho akoresha byo kwisukura.
Mu gihe avuye mu bwiherero, umugore cyangwa umukobwa asabwa kwihanagura aganisha inyuma kugira ngo umwanda utava mu kibuno ujya mu gitsina (Aux toilettes, s’essuyer d’avant en arrière pour éviter de ramener les germes de l’anus vers le vagin).
Kwirinda imyambaro ifatira cyane.
Kwanika imyenda y’imbere ahantu hava izuba ndetse ikanaterwa ipasi.
WARI UZIKO HARI IMITI YUMWIMERERE IVURA ABANTU NEZA BAFITE IBI BIBAZO BYA AMANFECTION??
Ni byiza ko abagore ndetse n’abakobwa bita ku nama bagirwa n’inzobere nkuko twabibabwiye haruguru,kandi ni byiza ko iyo ubonye ibidasanzwe mu mikorere y’imyanya ndangabitsina,ugana muganga kuburyo bwihuse kugira ngo harebwe ikibazo kiri kubitera.Ku bantu rero bafite ibibazo ya Infections,ubu habonetse imiti ikoze mu bimera yica twa dukoko twangiza imyanyandangagitsina,kuburyo utandukana n’ubu burwayi. Muri iyo miti twavugamo nka: feminine wash, maharani , cacip Fatma coffee chlorophyll,…..
IYO MITI IBONEKA HEHE ?
Uramutse ukeneye iyi miti y’umwimerere wagana aho( diamond Intereste group) ikorera I REMERA GISMENTI ahateganye na cogebank munyubako ya IKAZE HOUSE
Ushobora no kubahamagara kuri numero +250789502321 cyangwa +250732869562 ku bindi bisobanuro
18/02/2022
Sobanukirwa byimbitse indwara ya strock
Ubushakashatsi bwakozwe bugaragaza ko abantu 40% barwara Stroke ibica, naho 70% ikabasigira ubumuga bukomeye.
Mu kiganiro Kigali Today yagiranye na Dr. Ohio muganga w’abana akaba na muganga w’indwara z’umutima, avuga ko ubushakashatsi bwakorewe muri Leta zunze ubumwe za Amerika, bugaragaza ko mu mwaka wa 2015 abarwaye Stroke ari miliyoni 17, kandi yibasira abantu barengeje imyaka 65, naho muri 2019 yabaye impamvu ya kabiri y’impfu zahitanye abantu benshi ku isi bageze kuri miliyoni 6 na 200.
Ubu bushakashatsi bukomeza buvuga ko muri Amerika ari impamvu ya mbere mu gutera ubumuga.
Dr. Ohio avuga ko agereranyije mu Rwanda, hatabura abantu bagera kuri 500 mu mwaka barwara Stroke.
ESE STROCK ITERWA NIKI??
Ikintu cya mbere gitera stroke ni igihe imitsi igaburira ubwonko amaraso ifunze. Kandi impamvu zifunga iyo mitsi zaba nyinshi, ariko ikunze kubaho ni iyo bita ‘Trombus’.
Uyu ni umubumbe w’amaraso, akenshi wibumbira ku mavuta mabi aturuka kuri ‘cholesterol’ mbi nyinshi, akagenda ajya ku nkuta z’imitsi iyobora amaraso, bikagenda bifunga uwo mutsi buhoro buhoro.
Iyo byenda gufatana ku buryo amaraso acamo ari make, hari ubwo havaho akabango gato kagafunga n’ahari hasigaye. Utwo tubango dukunda kuva ku mitsi yo ku ijosi.
Iyo ufite ‘Cholesterol’ mbi nyinshi mu maraso, bikamara igihe kirekire, igenda izibira imitsi minini izamura amaraso mu bwonko, hakaba igihe havaho akabango kakaziba umutsi umwe mu yigaburira ubwonko, bigatuma hari igice cyabwo kitageramo amaraso.
Dr. Ohio yabajijwe niba stress yaba impamvu ya stroke nkuko abantu bamwe babyibwira, asubiza agira ati “Ubushakashatsi bwakozwe ntaho byagaragajwe ko stress ifite uruhare runini mu gutera iyo ndwara ya stroke”.
Dr. OhiO akomeza avuga ko indi mpamvu itera stroke ari umuvuduko w’amaraso ushobora gutera guturika kw’imitsi yo mu bwonko.
Ese umuntu yakeka ko arwaye stroke ashingiye ku bihe bimenyetso?
Nta bimeyetso simusiga by’iyi ndwara nkuko Ohio abivuga, icyakora hari bitatu byagenderwaho.
Iyo igice kimwe cy’imitsi yo mu maso gifite intege nke nko kubona umunwa uhemetse, ijisho rimwe rikifunga, cyangwa se igice cy’umusaya kikagagara wakoraho ntubyumve, kugobwa ururimi no gushyira amaboko hejuru ukumva ukuboko kumwe ntikubashije kugumayo, ibi bintu iyo ubyibonyeho usabwa kwihutira kujya kwa muganga, ndetse utavuga ngo nzajyayo ejo.
ESE STROKE IRAVURWA??
Dr. Ohio avuga ko iyi ndwara mu Rwanda bayivura kimwe n’ahandi hifashishijwe uburyo bubiri, bitewe n’urwego igezeho n’impamvu yayiteye.
Kubundi busobanuro uratugana+250789502321
28/01/2022
ni zimwe mundwa zibangamiye abantu benshi, bamwe biyicisha inzara abandi bagakora sport nyinshi ariko bikanga bikaba ibyubusa🤦♂️ https://wa.me/+250732869562
bavugako akenshi ibintu bitera Umubyibuho harimo
1️⃣kurya ugahita uryama
2️⃣kurya haribindi uhugiyemo
3️⃣kubaho mubu*ima mbwokwicara cyane
4️⃣kurya umunyu mwinshi
5️⃣kutanwa amazi ahagije
iyo bisanzeho ikikibazo batangira kwiyicisha inzara🤦♂ cg bakarya indyo ituzuye
U*i umuntu Ufite ikibazo cyumubyibuho ukabije muhe amakuru amakuru ko hari Umuti witw tongkat coffee Waje arigisubizo
Niba_nawe uyishaka duhamagare 📞 +250789502321 ( , , )
Tuwukugeraho aho urihose, Icyifuzo cyawe muri cg usigemo number Yawe.ANYA_IBIRO
ni zimwe mundwa zibangamiye abantu benshi, bamwe biyicisha inzara abandi bagakora sport nyinshi ariko bikanga bikaba ibyubusa🤦♂️ +250732869562
bavugako akenshi ibintu bitera Umubyibuho harimo
1️⃣kurya ugahita uryama
2️⃣kurya haribindi uhugiyemo
3️⃣kubaho mubu*ima mbwokwicara cyane
4️⃣kurya umunyu mwinshi
5️⃣kutanwa amazi ahagije
iyo bisanzeho ikikibazo batangira kwiyicisha inzara🤦♂ cg bakarya indyo ituzuye
U*i umuntu Ufite ikibazo cyumubyibuho ukabije muhe amakuru amakuru ko hari Umuti witwa Waje arigisubizo
Niba_nawe uyishaka duhamagare +250789502321 ( , , )
Tuwukugeraho aho urihose, Icyifuzo cyawe muri cg usigemo number Yawe.
25/01/2022
REKA TUREBE UKO WAMENYA KUBARA UKWEZI K'UMUGORE K'UBURYO BUNONONSOYE
https://wa.me/+250732869562
*_Ese waba u*i uko wabara ukwezi k’umugore kuburyo bunonosoye?_*
Muri iyi minsi twakira ibibazo by’abakobwa n'abagore babaza uko babasha kubara neza ukwezi kwabo.
*_Ese ukwezi k'umugore gushingiye kuki?_*
Ukwezi kw’umugore gushingiye kuri ya mitere y’umugore, aho udusabo twe tw’intanga turekura intanga imwe gusa buri kwezi, hanyuma yabura intangangabo ngo bikore umwana, iyo ntangangore yari yarekuwe igapfa.
Hakaza kubaho imihango, hanyuma bigasubira gutangira, indi ntangangore ikongera igakura ikarekurwa, bityo bityo.
*_Ese iyi formula yo kubara ukwezi k'umugore irahagije ngo umuntu yizere ko nta zindi ngorane zabaho?_*
Formula tuza kwifashisha ikwereka neza iminsi y’uburumbuke y’umugore, ariko si iyo kwizerwa ngo ureke gukoresha ubundi buryo bwo kwirinda igihe ushatse gukora imibonano mpuzabitsina.
Ibi bikaba ari ukubera impamvu zikurikira:
1. Kudasama ntibibuza umuntu kwandura izindi ndwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina harimo na Sida.
2. Icya kabiri, ushobora kuba wiringiye ko utari busame, ugasanga ukwezi kwawe kwahindutse utabizi,
bitewe n’uko watembereye ahantu kure, ugahindura ikirere cy’aho wari umenyereye bityo bigahindura imigendekere y’ukwezi kwawe,
cyangwa se bitewe n’uko ufite ibyakubabaje cyane cyangwa se ibyagushimishije cyane.
3. Icya gatatu, hari abantu benshi bavuga ngo ukwezi kwabo kureshya n’iminsi iyi n’iyi, nyamara bibeshya batazi kubibara.
*_Ese ni iyihe Formule wakoresha mu kubara ukwezi kwawe ukamenya iminsi y’uburumbuke?_*
Formule wakoresha mu kubara ukwezi kwawe ukamenya iminsi y’uburumbuke:
Kugirango umenye ukwezi kwawe bityo ubashe gukoresha formule, uba ugomba kumara nibura amezi atandatu ubara indeshyo y’ukwezi kwawe, kandi udataruka n’umunsi n’umwe, kugirango uzabashe kumenya niba ukwezi kwawe kugira iminsi ingana cyangwa se niba guhindagurika.
Kwaba kugira iminsi ingana, ukamenya ngo iyo minsi ni ingahe.
Yaba itangana, ukamenya ngo imyinshi ni ingahe, kandi imike ni ingahe.
Iyo rero umaze kumenya ukwezi kwawe uko kungana,
==> Urugero 1: *_Niba utagira iminsi ingana buri gihe, icyo gihe formule ukoresha ni iyi:_*
Ufata iminsi igize ukwezi kwawe kugufi (cyangwa se ukugira iminsi mike mu yandi magambo) ugakuramo 18.
Hanyuma ugafata iminsi igize ukwezi kwawe kurekure (cyangwa se ugufite iminsi myinshi mu yandi magambo) ugakuramo 11.
Niba dufashe urugero rw’ukwezi kw’iminsi 26 imikeya, uyu mukobwa akaba ajya agira n’ukwezi kw’iminsi 30 imyinshi,
Turafata 26-18=8;
hanyuma
Turafata 30-11=19.
Ibi bikaba bivuga ko uyu mugore iminsi ye y’uburumbuke ihera ku munsi wa 8, ikarangira ku munsi wa 19.
Ibuka ko umunsi wa mbere ari uwo umugore yaboneyeho imihango.
==> Urugero 2: *_Ku mugore ugira ukwezi kudahindagurika na rimwe:_*
Niba ariko umugore agira ukwezi kutajya guhinduka, buri gihe akaba yagira nk’ukwezi kw’iminsi 30,
Uwo mugore we formule ye itandukanye n’iriya,
Kuko we afata iminsi ye agakuramo 14, hanyuma iminsi ye yo gusamamo ikaba ari itatu uhereye imbere y’umunsi yabonye yifashishije formula, ndetse n'iminsi itatu nyuma y’umunsi yabonye yifashishije formula,
Akongeraho umunsi umwe umwe wo kwiteganyiriza, aribyo bivuga iminsi ine mbere, n'iminsi ine nyuma.
Ni ukuvuga ko:
Afata 30-14=16,
Noneho iminsi y’uburumbuke ye,
Igatangirira kuri 16-4=12,
Maze ikazarangira kuri 16+4=20.
Ni ukuvuga ko uyu we iminsi ye y’uburumbuke ihera ku munsi wa 12, ikagenda ikarangira ku munsi wa 20,
Wibuka ko umunsi wa mbere ari uwo umugore yaboneyeho imihango.
*_Ese umugore cyangwa umukobwa ufite ukwezi kudahindagurika, akoresheje formula nk'iy'ufite ukwezi guhindagurika, ntibyakunda?_*
Umugore cyangwa umukobwa ufite ukwezi kudahindagurika, akoresheje formula nk'iy'ufite ukwezi guhindagurika,
Nawe agakoresha iriya formule, agafata ya minsi ye itajya ihinduka na rimwe agakuramo 18, akongera akayifata agakuramo 11, iminsi abonye hagati aho ni iyo kwifatamo.
Urugero,
30-18=12,
30-11=19,
Ukongeraho umunsi wo kwizera, iminsi y’uburumbuke igahera ku munsi wa 12 kugera ku munsi wa 20.
*_Ese iy i formula ikoreshwa Ku Bantu Bose?_*
Iyi formule ntikoreshwa n’abantu bagiye kwa muganga gufata uburyo bwo kuboneza urubyaro, kuko n’iyo wabukoreshaga noneho ukazabuhagarika,
Nawe urongera ukabanza ukamenya ngo ukwezi kwawe kuzajya kureshya gute, ukamara nibura umwaka ubara,
Kuko nyuma yo guhagarika iriya miti ukwezi kwawe gushobora guhinduka ntikungane nk’uko kwahoze mbere.
*_Ese ni gute wamenya uko wabara ukwezi kwawe ku buryo burambuye wifashishije indangaminsi?_*
Reka dufate urugero rw'uko wabara ukwezi kwawe ku buryo burambuye wifashishije indangaminsi,
Duhere mu kwezi kwa Gatatu "Werurwe", maze dufatire urugero ku kwezi kwa Iribagiza.
Itariki Iribagiza yagiye aboneraho imihango iratsindagiye kandi irabyibushye:
*_Werurwe :_*
1 2 3 4 5 *6* 7 8 9 10 11 12 13 14 15 16 17 18 19 20 21 22 23 24 25 26 27 28 29 *30* 31
*_Mata :_*
1 2 3 4 5 6 7 8 9 10 11 12 13 14 15 16 17 18 19 20 21 22 23 24 25 *26*
27 28 29 30
*_Gicurasi :_*
1 2 3 4 5 6 7 8 9 10 11 12 13 14 15 16 17 18 19 *20* 21 22 23 24 25 26 27 28 29 30 31
*_Kamena :_*
1 2 3 4 5 6 7 8 9 10 11 12 13 14 *15* 16 17 18 19 20 21 22 23 24 25 26 27 28 29 30
*_Nyakanga :_*
1 2 3 4 5 6 7 8 9 10 11 12 *13* 14 15 16 17 18 19 20 21 22 23 24 25 26 27 28 29 30 31
*_Kanama :_*
1 2 3 4 5 6 7 8 *9* 10 11 12 13 14 15 16 17 18 19 20 21 22 23 24 25 26 27 28 29 30 31
*_Nzeri :_*
1 2 3 4 *5* 6 7 8 9 10 11 12 13 14 15 16 17 18 19 20 21 22 23 24 25 26 27 28 29 30.
Reka noneho tubare iminsi yagiye agira :
Ku itariki ya 6 Werurwe, Iribagiza yari atangiye ukwezi kuko yabonye imihango.
Uku kwezi kwarangiye mbere y’uko asubira mu mihango ikurikiraho, hari ku itariki ya 29 Werurwe.
Biragaragara ko aha Iribagiza yagize iminsi 24.
Hanyuma bukeye atangira ukundi kwezi.
Kwatangiye ku itariki ya 30 Werurwe, kurangira ku itariki ya 25 Mata.
Biragaragara ko aha, Iribagiza yagize iminsi 27.
Mu kwezi gukurikiyeho, kuva tariki ya 26 Mata kugera tariki ya 19 Gicurasi,
uku kwezi kwe kwabaye iminsi 24.
Hanyuma hakurikiyeho kuva 20 Gicurasi, kugera 14 Kamena,
Biragaragara ko aha ni iminsi 26.
Kuva 15 Kamena kugera 12 Nyakanga, ni iminsi 28.
Kuva 13 Nyakanga kugera 8 Kanama, ni iminsi 27.
Naho kuva 9 Kanama kugera 4 Nzeri, ni iminsi 27.
Nusubiza amaso inyuma ukareba mu minsi y’ukwezi kwa Iribagiza, urasanga mu gihe cy’amezi 6 y’indangaminsi isanzwe,
kuva muri Werurwe kugera muri Nzeri, we yagizemo amezi umunani y’ukwezi kwe.
Ukwezi kwe kwagize iminsi mike kwabaye iminsi 24, naho ukwezi kwe kwagize iminsi myinshi kwabaye iminsi 28.
*_Ese turabigenza gute ngo tumenye igihe Iribagiza aba ashobora gusamamo, n’igihe aba adashobora gusama ?_*
Ni ya formula twabonye kare ikoreshwa.
Iyi formula ni ugufata iminsi y’ukwezi kugufi tugakuramo 18, hanyuma tugafata iminsi y’ukwezi kurekure tugakuramo 11.
*_Ese waba U*i Aho iyi formule yavuye?_*
Ubundi buri mugore wese, iyo intanga imaze kurekurwa (le jour de l’ovulation), hashira iminsi 14 hanyuma akabona imihango.
Kandi umugore ashobora gusama iminsi 3 mbere y’irekurwa ry’intanga (mbere y’uko ovulation iba),
Kuko intangangabo iyo zigeze mu mubiri we zitegereza iminsi 3 zitarapfa, maze intangangore yazarekurwa igasanga zirahari, zirarekereje, imwe murizo ikaba ihuye na ya ntangangore, umugore akaba arasamye.
Hanyuma kandi ashobora gusama iminsi ibiri nyuma y’irekurwa ry’intanga, kuko intangangore nayo iyo irekuwe idahita ipfa.
Bityo muri iyo minsi ibiri imara igifite ubu*ima, iyo umugore akoze imibonano mpuzabitsina,
Intangangabo zigera mu myanya myibarukiro ye zisiganwa, hanyuma zigasanga intangangore yamaze kurekurwa kera, ni uko imwe murizo ikaba ihuye na ya ntangangore, umugore akaba arasamye.
Niyo mpamvu kuri wa munsi wa 14 mbere y’uko umugore asubira mu mihango ikurikira, twongeraho iminsi ibiri inyuma, hanyuma kandi tugakuraho itatu imbere,
Maze tukongeraho n’undi nk’umwe cyangwa ibiri ya securité (yo kugirango wizere neza ko nta kibazo cyo gusama gihari).
Tukabona rero ya minsi, 11 na 18 twifashisha.
Iminsi 18 tuyikura mu minsi igize ukwezi kugufi kw’umugore, naho iminsi 11 tukayikura mu minsi igize ukwezi kurekure umugore yigeze kugira.
*_Ese turabigenza gute mu kubara ukwezi kwa Iribagiza dukoresheje iyi formula?_*
Mu kubara ukwezi kwa Iribagiza rero dukoresheje iyi formula,
Turafata iminsi igize ukwezi kugufi yigeze kugira,
24-18=6.
Hanyuma dufate ukwezi kwe kurekure yigeze kugira,
28-11=17.
Ibi bihita bivuga ngo, iminsi ya Iribagiza yo gusamamo, cyangwa se iminsi ye y’uburumbuke,
Ni ukuva ku munsi wa 6, kugera ku munsi wa 17.
*_Reka tuvuge tuti:_*
Niba utari u*i kubara ukwezi kwawe, wenda wibwira ngo umuntu atangira kubara avuye mu mihango,
Cyangwa se ukaba utari u*iko umuntu atangira kubara ku munsi wa mbere yaboneyeho imihango,
Ukaba utari u*i igihe ukwezi kurangirira,
Nizere ko umenye uko uzajya ubara iminsi ngo umenye uko ukwezi kwawe kureshya.
*_Reka dusoze tuvuga tuti:_*
Ntawe ugomba gushingira kuri aya makuru yonyine gusa, ngo yifatira ibyemezo ku bu*ima bwe,
Niyo mpamvu tubashishikariza kujya kuri Hospital ikwegereye.HARI NIBIMERA BYIZEWE MPUZAMAHANGA BISHIRA IMIHANGO KURI GAHUNDA BIKANARWANYA INGARUKA ZIZANWA NO KURINGANIZA IMBYARO (IBIBAZO BYIMYOROROKERE) Tubikugezaho Aho waba uri hose kw'isi
https://wa.me/+250732869562
Nimureke rero dufatane urunana duharanire kugira ubu*ima bwiza!
*_Niba hari ubundi busobanuro mukeneye, turahari kandi twiteguye kubaha ubufasha. Murakoze!_*
0789502321 /
https://wa.me/+25078950232
09/01/2022
cyo , .
+250789502321 call
ikozwe mu kimera kitwa gikomoka mu bimera gakondo byo muri Asia bizwiho kongera imbaraga cyane cyane Ku bagabo. bayita *ima kuko nicyo kimera cyonyine cyarokotse mu ntambara ya 2 y isi yose byinshi kuri iki giti wakireba Kuri google.
Iyi nyunganiramirire nta ngaruka itera ku bu*ima bwa muntu, ahubwo ifasha mu kurwanya ingaruka zaba zaratewe no gukoresha imiti irimo chemical elements urugero nka Vi**ra.
Ushaka kujya umenya amakuru y Ubu*ima n ibiribwa byo kwitondera bikona bikona abagabo ndetse n ibyongera imisemburo ya kigabo kora like kuri iyi page unyuze hano👇🏽👇🏽https//wa.me+250732869562 La-bonne-santé
:
✅ Ituma amaraso atembera neza.
✅ Ituma ubwonko bukora neza ikanongerera umuntu imbaraga.
✅Yongerera ubudahangarwa amaso umuntu akabasha kureba neza.
✅Igabanya urugimbu rw'amaraso.
✅ Irinda amaraso kwipfundika.
✅ Irinda imitsi gupfunyarara.
✅ Irinda kujunjama n'indwara ziherekeza ubusaza.
✅ Ivura guhorana umunaniro ukabije.
✅ Irinda uburemba, ikanongerera abagabo ubushake bwo gukora imibonano mpuzabitsina.
✅ Irinda kubyimbagatana ikabavura gusesa urumeza.
✅ Irwanya cyane kurwara umutwe w'uruhande rumwe ikanarwanya asima.
✅ Ihangana n'ingaruka zo kwikinisha, ikongera imbaraga za kigabo ndetse ikanafasha mu kongera amasohoro...
:
Ufata ibinini 2 mu gitondo na 2 nimugoroba.
Dukorera:
🇷🇼
gismenti🇷🇼
🇧🇮
🇲🇿
🇸🇳
🇺🇬
🇰🇪
🇲🇼
Uyikeneye waduhamagara cg ukatwandikira kuri Watsapp hita ukanda hano https://wa.me/+250732869562
04/01/2022
* *😋
+250732869562 https://wa.me/+250732869562 (Whatsapp & call)
1⃣Ese waba ugira ikibazo cyo kurangiza vuba?
2⃣Ese waba ugira ikibazo cyo kutagira ubushake?
3⃣Waba se ukora agaturu kambere ariko gushaka aka kabiri bikanga?
4⃣Ese uri umudamu cg umukobwa ariko nta mazi ugira cg ufite make?
5⃣Ese Intanga zawe zacitse amazi cg zigenda gake
6⃣Ese wabaswe no kwikinisha cg ufite zimwe mu ngaruka zabyo?
7️⃣ Dutanga n'ubujyanama ku bu*ima bikagufasha kwirinda no guhangana n'izindi ndwara nyinshi nka Amibe,igifu,impyiko umwijima,Diabetes,Umwingo,Goute,amara,infection urinaire na Vaginale,......nizindi nyinshi
Wigira Isoni nyandikira cg umpamagare kuri +250789502321🤙
[WhatsApp & Call) ngufashe kurokora ubu*ima bwawe
aho waba uri hose niyo waba uri mu mahanga!
Mutwegere tubafashe ku buryo bwiza kandi bwizewe 100%.
04/01/2022
01/01/2022
*ITANGA RYO KUBA WABA WIFUZA KUBA RWIYEMEZA MIRIMO WABIGIZE UMWUGA
NIMBA NTAGISHO UFITE NTUBIGIREHO IMPUNGENGE
IKIGO CYABA NYEMALYSIA GIKORERA MURWANDA CYIRIFUZA GUHA AMAHIRWE ABANTU BABYIFUZA KUBA RWIYEMEZA MIRIMO WABIGIZE UMWUGA *
USHAKA KUBA RWIYEMEZA MIRIMO WABIGIZE UMWUGA AGOMBA KUZA AHO DUKORERA MUMUJYI AZI IBI BIKURIKIRA :
1- AFITE ICYEMEZO CYEMEZA KO WIKINGIJE CORONA VIRUS.
2-KUBA WIFUZA ITERAMBERE
3- KUBA WITEGUYE KUBA WAHITA UTANGIRA.
4- KUBA WUKUNDA IBYO UKORA
5- KUBA URI INYANGAMUGAYO UVUGISHA UKURI
6- KUBA WAKORERA AHARIHO HOSE MUGIHUGU HASHOBOKA
7. KUBA UTUYE MURI KIGALI CYANGWA WABASHA KUGERA AHO DUKORERA MUMUJYI CYANGWA UTUYE MUNCYENGERO NINGENZI
8. KUBA UFITE IMYAKA 18 KUZAMURA KUGEZA,,,,
*NB:* KUBA WABASHA KWITABIRA AMAHUGURWA AKORWA IMINSI MICYE NKUMUNTU USHAKA KUBA RWIYEMEZA MIRIMO WABIGIZE UMWUGA NTAKIGUZI WATSWE.
ITERAMBERE RYAWE NINKUNGA IKOMEYE MUKUBAKA AHAZAZA HAWE
TWAKIRA ABIFUZA KUBA RWIYEMEZA MIRIMO WABIGIZE UMWUGA
BURIMUNSI MUMASAHA Y'AKAZI.
Nshuti zange ahazaza hacu Hari mubiganza byacu ntawe uzahaturemera kabone niyo wakora ibitangaza
*KUBINDI BISOBANURO DUHAMAGARE KURI*
+250789502321
+250739422198
*Dukorera MUMUJYI NYARUGENGE GACYINGIRO IMBERE YA FEU ROUGE na MIC HOUSE ETAGE 2 iruhande rwaho batunganyiza imyambaro*
ubuyobozi bukuru nibwo bwatanze iritangazo.!!! (Ikicyitonderwa fasha inshuti yawe imenye Aya makuru nimba uyikunda)
27/11/2021
*🍏🍎Itangazo kubantu bose🍏🍎*
*Ni gute,mumeze neza❓
*Mbega hari abagenzi canke incuti woba ufise bivujij kwamuganga bikanka canke bagwaye ingwara zidakira DNG international Muri malaisie carabazaniye ingaburo z ivura zikongerar zigakinga 100% indwara iyariyo yose kandi ntangaruka zifise .Izo ngwara ni*:
✅*kuba warabuze urubyaro turahari kubwawe*
*✅cancers(tous les types*)
*✅impuissance sexuelle(masculine et féminine)*
*✅estomac*
*✅indwara zamara(intestins)*
*✅anémie (kubura amaraso)*
*✅épilepsie (intandara)*
*✅problèmes de la mémoire*
*✅cyrose de foie*
*✅indwara za mafyigo*
*✅problèmes cardiovasculaire*
*✅ACV(accident cérébral vasculastre
*✅kumeneka umutwe bidahera*
*✅singwara✅indwara z'urukoba*
*✅ingwara z'imitsi (paralysie n'izindi nkizo)*
*✅umuvyibuho urenze*
*✅ingwara zo mu magufa*
*✅ mugongo*
*✅muhekenyi*
*✅ubugumba buva mubibazo kanaka*
*✅ibivyimba vyomugitereko*
*✅sinezite*
*✅asima*
*✅brosmumezan*✅umutima( hypo et hypertension)*
*✅ indwara yigisukari(diabète)*
*✅hémorroïdes*
*✅hépatites*
*✅indwara zamenyo*
*✅kuribwa can iyo Uri mubutinyanka*
*✅infections
etc.....n'ibindi vyinshi bihanze abantu*
*Mugire ibihe vyiza*
*Tél.*isanzwe
+250789502321
*Whatsap
+250732869562
*Ahantu hose uri kw'isi urakirwa Hama ukabona Inyishu kukibazo Ufise.
* *😋
+250732869562 https://wa.me/+250732869562 (Whatsapp & call)
1⃣Ese waba ugira ikibazo cyo kurangiza vuba?
2⃣Ese waba ugira ikibazo cyo kutagira ubushake?
3⃣Waba se ukora agaturu kambere ariko gushaka aka kabiri bikanga?
4⃣Ese uri umudamu cg umukobwa ariko nta mazi ugira cg ufite make?
5⃣Ese Intanga zawe zacitse amazi cg zigenda gake
6⃣Ese wabaswe no kwikinisha cg ufite zimwe mu ngaruka zabyo?
7️⃣ Dutanga n'ubujyanama ku bu*ima bikagufasha kwirinda no guhangana n'izindi ndwara nyinshi nka Amibe,igifu,impyiko umwijima,Diabetes,Umwingo,Goute,amara,infection urinaire na Vaginale,......nizindi nyinshi
Wigira Isoni nyandikira cg umpamagare kuri +250789502321🤙
[WhatsApp & Call) ngufashe kurokora ubu*ima bwawe
aho waba uri hose niyo waba uri mu mahanga!
Mutwegere tubafashe ku buryo bwiza kandi bwizewe 100%.
Postulez pour un emploi et obtenez une chance de travailler avec la Société internationale pour la santé, la richesse et l'agriculture et 40 ans d'expérience mondiale et 12 ans au Rwanda.
Cliquez sur la page et obtenez tous les avertissements de richesse !
Demandez ou inscrivez-vous sur WhatsApp https://wa.me/+250732869562
+250789502321
Click here to claim your Sponsored Listing.
Category
Telephone
Website
Address
Remera