Twite kubuzima tuniteze imbere

Twite kubuzima tuniteze imbere

Share

Life

20/12/2024
25/06/2024

+250783882497

(EMOROYIDE)

EMOROYIDE nindwara ifata mukibuno imbere cangwa inyuma Aho umwanda usohokera hakaza ibibyimba kuburyo iyo umuntu agiye kwituma ababara

Zimwe mundwara tugenda duhura nazo zikadutungura ndetse zigatera ubwoba bamwe nabamwe bataribazisobanukirwa
Harimo indwara ya
Hemorrhoids nindwara ifata abantu batandukanye ugasanga bamwe barayutiranya na Constipattion

Hari nizindi usanga zishamikiyeho harimo nka, Consitpation, indwara zigifu.,.impyiko...


1, Kuva amaraso nyuma yo kwituma, akenshi agaragara kucyo umuntu yihanaguje.

2. Hari ubwo umuntu azana ibintu bisa nโ€™ururenda mu kibuno,

3. Kumva mu kibuno hakuryaryata ukumva wakwishima.

4. Kumara kwituma ukumva umwanda utashize neza mu kibuno,

5. Hari igihe utubyimba dusohoka mu mwenge wโ€™ikibuno.


Kubantu babana niyindwara cangwa bamaze gufatwa niyi ndwara harimiti iyivura igakira burundu

08/06/2024

*Igihe ubonye umutu utabyara ningombwako hamenyekana ikibazo afite.* Ubwo uri kwibaza uti ese buriya uriya mucuti wange utabyara nibimwe muri ibi byabimuteye???

Nti "Nibyo cg ibindi kandi byose byabonerwa umuti"

Uti ese ubwo hari umuntu koko waba utabyara mukamuvura akazabyara?? Cg nugushaka kw'Imana akituriza

Nti yego kuko ugushaka kw'Imana ntabwo kumubuza kubyara gusa kwanakora avurwa kandi agakira nawe akabyara nkabandi babyeyi

Kuko

Dufite products zakataraboneka zifasha abagabo nabagore babuze urubyaro babitewe n'impamvu zitandukanye,nabo bakabyara.+250783882497

22/05/2024

๐—œ๐—ป๐—ฑ๐˜„๐—ฎ๐—ฟ๐—ฎ ๐˜‡'๐—ถ๐—ด๐—ถ๐˜๐˜€๐—ถ๐—ป๐—ฎ ๐—š๐—ผ๐—ฟ๐—ฒ
_________________________

โœ…Kubura ubushacye bwokubonana numugabo

โœ…Kubura amavangingo
โœ…infection zahato nahato
โœ…Imihango itaza neza
โœ…Imihango iryana
โœ…ibibyimba (Myomes)
โœ…impumuro mbi mugitsina

N'ibindi bisa nibyo ntukibagirwe ko bivamo ibindi bibazo bya cancer

๐™„๐™—๐™ฎ๐™ž๐™ฏ๐™– ๐™ง๐™š๐™ง๐™ค
Ngufitiye umuti wowe nyandikira (0783882497)

20/05/2024

KUKI WOWE UTABYARA?
0783 882 497

Ubuke bwโ€™intanga ngabo ku buryo zitagera ku zโ€™umugore, intanga zโ€™ibihuhwe cyangwa zidakomeye, kugira intanga zifite imbaraga nkeya, kutagira intanga burundu, abantu batazifite babita azospermi bivuga ko badashobora kugira intanga habe na mba, kubyimba agasabo kโ€™intanga, ibi byose ngo bishobora kuba intandaro yo kutabyara bitewe nโ€™abagabo.

Ku bagore rero ngo hari impamvu nyinshi zishobora gutuma batabyara harimo kuziba kwโ€™amatrompe yโ€™umugore, kugira ibibyimba muri nyababyeyi, kugira za infections zitandukanye, imisemburo mike yโ€™umugore bigatuma atagira ububobere, gukuramo inda mu buryo butaboneye, ibi byose ngo bishobora gutuma habaho kutabyara bitewe nโ€™umugore.

Niba ufite iyo mbogamizi cg hari uwo U*i tugane tugufashe 0783882497

17/05/2024

๐ˆ๐๐€๐๐†๐€ ๐”๐“๐€๐™๐ˆ....

Ese Wari U*i ko igifu gikira burundu?

Ese Wari U*i ko uramutse utivuje igifu ngo kirire nawe warwaramo canseri

๐Ÿ’Ž๐”๐ซ๐ฐ๐š๐ซ๐š ๐ˆ๐†๐ˆ๐…๐”
๐Ÿ’Ž๐”๐Ÿ๐ฎ๐ญ๐ž ๐ˆ๐๐ˆ๐’๐„๐๐„ ๐Œ๐ฎ๐ ๐ข๐Ÿ๐ฎ

โฃ๏ธNkufitiye igisubizo,aha mu Rwanda dufite umuti uvura burundu ubu Burwayi

Gira vuba nyandikira aka kanya wihuze

(0783882497) whatsapp

14/05/2024

๐Ÿ”ฅ๐Ÿ”ฅ๐Ÿ”ฅ

Niba

URI ukaba

1 . ukaba uri guhura ningaruka zabyo nko kugira intanga zamazi , integenke ,..

2. Ukaba vuba

3. Ukaba ubushake bwo gutera akabariro

4. Niba ukora kamwe ugahita unanairwa kongera bikanga

5. Niba ugira zamazi , nke cg zibihuhwe zitihuta

6. Niba ujya uribwa cg ukababa na testicles

TWANDIKIRE UNYUZE KURI IYO NIMERO TUGUFASHE NAWE

+250 783882497 / SMS Call.

11/05/2024

๐€๐ฆ๐š๐ค๐ฎ๐ซ๐ฎ ๐ฆ๐ž๐ณ๐š๐Ÿ”ฅ๐Ÿ”ฅ
____________________

๐๐ฒ๐ฎ๐ฆ๐š ๐ฒ๐จ๐ ๐ฎ๐Ÿ๐š๐ฌ๐ก๐š ๐š๐›๐š๐ง๐๐ข ๐ ๐ฎ๐ค๐จ๐ซ๐ž๐ซ๐š ๐š๐ฆ๐š๐Ÿ๐ซ๐š๐ง๐ ๐š ๐ง๐๐ž๐ญ๐ฌ๐ž ๐ง๐จ ๐ค๐ฐ๐ข๐ญ๐ž๐ณ๐š ๐ข๐ฆ๐›๐ž๐ซ๐ž ๐›๐ข๐œ๐ข๐ฒ๐ž ๐ฆ๐ฎ๐ค๐ฎ๐ฆ๐ž๐ง๐ฒ๐ž๐ค๐š๐ง๐ข๐ฌ๐ก๐š ibikorwa bya company

๐๐š๐ฐ๐ž ๐ก๐š๐ซ๐ข ๐ญ๐ž๐š๐ฆ ๐ง๐ข๐ง๐ข ๐ฒ๐ข๐ญ๐ž๐ ๐ฎ๐ฒ๐ž ๐ค๐ฎ๐ ๐ฎ๐Ÿ๐š๐ฌ๐ก๐š kwiteza imbere (gukorera amafaranga bitabangamiye inshingano zindi zawe)๐๐ฒ๐š๐ง๐๐ข๐ค๐ข๐ซ๐š ๐š๐ค๐š ๐ค๐š๐ง๐ฒ๐š ๐œ๐  ๐ฎ๐ฆ๐ฉ๐š๐ฆ๐š๐ ๐š๐ซ๐ž niba uri mukarere ka Rubavu,uyu munsi saa saba duhurire I Gisenyi mumugi ๐ง๐ค๐ฐ๐ž๐ซ๐ž๐ค๐ž ๐ข๐œ๐ฒ๐จ ๐›๐ข๐ฌ๐š๐›๐š,

Numero: 250783882497

09/05/2024

_ ?_

Ubushakashatsi byagaragaje ko 60% byabagabo Bari hejuru yimyaka 40 barihebye Bitewe nuko gutera Akabariro bitagenda neza!

Benshi baba barigeze kwikinishaho bakiri abasore,

abandi bahisemo gukoresha imiti yongera imbaraga ikaba yarabateye ingaruka mbi!.

Ese wakwiyumva gute uramutse ukize Burundu ? Utera Akabariro iminota 30 kuzamura๏ฟฝ

Njye Ndabyizera nshingiye kubuhamya mfite bwabantu tumaze gufasha

Nawe niba urambiwe nyandikira aka kanya nkwereke Umuti abandi bakoresheje.

WhatsApp (+25 0783882497)
_________________
KORA AHA UBAZE INZOBERE๏ฟฝ๏ฟฝ
https://wa.me/+250783882497?text=Hello%20faridah%20nkeneye%20uwomuti%20wakabariro

08/05/2024

* /
Niba wibonaho ibi bimenyetso ihutire kwivuza ibibyimba bitaragukuriramo bikaba binini cyane;. Call 0783882497 #

Ibibyimba byitwa โ€Myoma cg Fibroid mururimi rw'icyongerezaโ€ ni ibibyimba bifata kuri nyababyeyi bigakurira mu mikaya yayo.Ahanini ibi bibyimba biba bitandukanye mu bunini bimwe ari bito ibindi ari binini.Nubwo hari myoma zitagaragaza ibimenyetso ariko hari n'izibigaragaza.

byerekana ko ufite ibyo bibyimba;

โ€ขKubabara mu kiziba cyโ€™inda
โ€ขImihango myinshi kandi imara igihe kirekire
โ€ขKubyimba inda ukajya wumva umeze nkaho utwite cyangwa se ukibwira ko wabyibushye ariko ukabona ubyibuha inda gusa
โ€ขKubabara cyane mu gitsina igihe ukora imibonano mpuzabitsina
โ€ขKudasama(ubugumba)
โ€ขConstipation
โ€ขKwihagarika ukababara
โ€ขKuribwa umugongo
โ€ขGukuramo inda wikurikiranya
โ€ขKubyara abana batagejeje
igihe cyo kuvuka
Ni iki gitera ibi bibyimba muri nyababyeyi ?
Nubwo impamvu zitera ibi bibyimba muri nyababyeyi zitavugwaho rumwe,ahanini hagarukwa ku mpamvu yโ€™imisemburo myinshi ya Estrogen bikaba bigaragazwa nuko ibi bibyimba bitangira gufata umugore cyangwa se umukobwa wageze mu gihe cyโ€™ubwangavu,bikaba bidashobora gufata umuntu igihe umubiri utaratangira gukora imisemburo ya Estrogen.

Ikindi kigaragaza ko iyi misemburo ariyo nyirabayazana nuko ahanini iyo umugore ageze muri menopause bya byimba bigenda kuko na wa musemburo uba ugenda ugabanuka mu mubiri.

bira vurwa bigakira wa.me 0783882497

Want your business to be the top-listed Beauty Salon in Rubavu?
Click here to claim your Sponsored Listing.

Telephone

Website

Address


Rubavu
OK

Opening Hours

Monday 09:00 - 17:00
Tuesday 09:00 - 17:00
Thursday 09:00 - 17:00
Friday 09:00 - 17:00
Saturday 09:00 - 17:00
Sunday 09:00 - 17:00